Inkuru Nyamukuru

Ikarita y’ubwishingizi ya Sanlam yakuvuza hanze y’u Rwanda

todayNovember 13, 2019 124

Background
share close

Ikigo cy’ubwishingizi cya Sanlam cyo muri afurika y’epfo cyaguze imigabane 100% mu kigo Soras cya hano mu Rwanda.

Ni nyuma y’uko iki kigo gitangiye gukorera mu Rwanda mu mwaka wa 2014, aho cyari cyabanje kugura 63% by’imigabane ya Soras binyuze mu kindi kigo kitwa Saham.

Imigabane isigaye, Sanlam ikaba yarayiguze mu mwaka ushize wa 2018.

Umuyobozi wungirije wa Sanlam Junior Ngulube avuga ko kuba barinjiye ku isoko ry’u Rwanda byatewe no kuba ishoramari ryoroshya ndetse hakaba hari n’umutekano.

Kugeza ubu Sanlam ikaba ifite amashami mu buhugu bigera kuri 40 muri Afurika na Aziya.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Uganda yashyikirijwe imibiri y’abaturage bayo barasiwe mu Rwanda

Umuyobozi w'akarere ka Nyagatare Mushabe David Claudian arasaba ubuyobozi bwa Rukiga muri Uganda gushishikariza abaturage babo kwirinda kunyura mu nzira zitemewe no kwinjiza ibiyobyabwenge mu Rwanda. Yabibasabye kuri uyu wa kabiri ubwo akarere ka Nyagatare kashyikirizaga akarere ka Rukiga imibiri 2 y'Abagande baherutse kwicirwa mu murenge wa Tabagwe binjiza magendu mu Rwanda. Mushabe David Claudian umuyobozi w'akarere ka Nyagatare avuga ko abo bagande binjiye mu Rwanda mu rukererera rwo kuwa […]

todayNovember 12, 2019 36

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%