Seminari ya Gikongoro ifite ibimenyetso ko yariganyijwe ntiyaza mu 10 ba mbere
Ubuyobozi bwa Seminari ntoya ya Gikongoro ntibwishimira kuba abanyeshuri bahiga baragize amanota meza mu bizamini bisoza icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye mu mwaka ushize wa 2019, ariko iki kigo ntikigaragare ku rutonde rw’ibigo icumi bya mbere, nyamara ngo impuzandengo y’amanota abanyeshuri babo bagize yarabashyiraga ku mwanya wa 4. Mu bigo by’amashuri byagaragaye ku rutonde rw’ibyagize amanota meza kurusha ibindi, irya mbere ryagize impuzandengo y’amanota 11,81 irya cumi rigira 17.86, nyamara […]
Emmy on February 14, 2020
Buriya n’ubwo amasaha y”akazi k’umwarimu agomba kuba 8 k’umunsi yagombye guhindura ibikorwa igitondo ntibibe ari nabyo ikigoroba.