Inkuru Nyamukuru

Ku bana 49 nigisha, 15 ni bo bazi gusoma no kwandika Ikinyarwanda- Umwarimu

todayFebruary 14, 2020 37 1

Background
share close

Umwarimu wigisha mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza kuri groupe scolaire Uwinkomo mu Karere ka Nyamagabe, avuga ko mu bana 49 yigisha, 15 gusa ngo ari bo bazi gusoma no kwandika ikinyarwanda.

Uwo mwarimu yabibwiye abadepite bari muri Komisiyo ifite uburezi mu nshingano, bari bagendereye ishuri muri gahunda yo kugenzura uko ireme ry’uburezi ryifashe.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Seminari ya Gikongoro ifite ibimenyetso ko yariganyijwe ntiyaza mu 10 ba mbere

Ubuyobozi bwa Seminari ntoya ya Gikongoro ntibwishimira kuba abanyeshuri bahiga baragize amanota meza mu bizamini bisoza icyiciro cya mbere cy’amashuri yisumbuye mu mwaka ushize wa 2019, ariko iki kigo ntikigaragare ku rutonde rw’ibigo icumi bya mbere, nyamara ngo impuzandengo y’amanota abanyeshuri babo bagize yarabashyiraga ku mwanya wa 4. Mu bigo by’amashuri byagaragaye ku rutonde rw’ibyagize amanota meza kurusha ibindi, irya mbere ryagize impuzandengo y’amanota 11,81 irya cumi rigira 17.86, nyamara […]

todayFebruary 14, 2020 40

Post comments (1)

  1. Emmy on February 14, 2020

    Buriya n’ubwo amasaha y”akazi k’umwarimu agomba kuba 8 k’umunsi yagombye guhindura ibikorwa igitondo ntibibe ari nabyo ikigoroba.

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%