Menya byinshi ku ndwara ya Tetanos
Tetanos (Agakwega) ni indwara isa n’iyibagiranye mu Rwanda ndetse mu mwaka wa 2004 u Rwanda rwahawe icyemezo cy’ishami ry’umuryango mpuzamahanga ryita kubuzima, kigaragaza ko rudafite ibipimo biri hejuru bya tetanos ugereranyije n’ahandi. Igipimo cyagendeweho ni ukureba uburyo iyo ndwara igaragara mu bana bavutse n’abagore babyara, bikaba byaragaragaye ko mu Rwanda umwana 1 mu bana 1000 bavuka, ariwe uhitanwa na yo. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF), ku bufatanye n’Ihuriro […]
Post comments (0)