Mu minsi iri imbere, gukora ubukwe bishobora kubera “online”
Mu rwego rwo gukomeza ingamba zo kwirinda icyorezo Covid-19 ariko imibereho y’abantu idahungabanye, Leta y’u Rwanda ivuga ko mu mikorere mishya yo kwifashisha ikoranabuhanga igenda ivuka, ngo hashobora no kuzabaho gushyingira abantu hifashishijwe iya kure. Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye avuga ko ibi bishoboka kuko ari bwo buryo Inama za Guverinoma cyangwa mu bucamanza barimo kwifashisha. Ku itariki 13 Mata muri uyu mwaka Leta zunze ubumwe […]
Post comments (0)