Imbeba zangije imyaka muri Nyaruguru, Huye na Gisagara
Bamwe mu bahinzi bo mu Turere twa Huye, Nyaruguru na Gisagara baravuga ko imbeba zangiza imyaka mu mirima ziyongereye muri iki gihembwe cy’ihinga, ku buryo zabangirije imyaka cyane. Aba bahinzi bavuga ko izo mbeba zatumye umusaruro ugabanyuka cyane ku buryo biteze guhomba. Umuyobozi w’ishami ry’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi (RAB) mu Karere ka Huye, Parfait Gasana, avuga ko nta kindi cyaca konerwa n’imbeba uretse kurwanya ikigunda mu mirima. Umva […]
Post comments (0)