Nyagatare: Mu ruzinduko rwa Perezida Kagame hagarutswe ku ishingwa ry’umutwe w’ingabo zabohoye igihugu
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Innocent Munyengango avuga ko Gikoba itazibagirana mu mateka y’urugamba rwo kubohora igihugu kuko ariho RPA yabereye umutwe w’ingabo nyawo kandi wubatswe neza. Yabitangaje kuri uyu wa 04 Nyakanga, ubwo Perezida wa Repubulika akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo, akaba ari nawe wari umugaba w’ingabo za RPA zabohoye igihugu yasuraga ibikorwa byubatswe mu murenge wa Tabagwe ari nawo RPA yashinzemo ibirindiro mbere. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)