Nyagatare: Perezida Kagame yasobanuriwe impamvu ibitaro bya Gatunda byadindiye
Minisitiri w’ubuzima Dr. Daniel Ngamije, yavuze ko kuba ibitaro bya Gatunda mu karere ka Nyagatare bitaratangira gukora, biterwa n’uko hari ibikoresho byaguzwe mu mahanga bitaragera mu Rwanda kubera icyorezo cya COVID-19. Gusa yavuze ko ibyo bikoresho biri mu nzira ku buryo ibyo bitaro bizatangira gukora bitarenze tariki 30 z’ukwezi gutaha. Dr. Ngamije yabitangaje ku wa gatandatu tariki 04 Nyakanga 2020, ubwo umukuru w’igihugu yasuraga bimwe mu bikorwa byubatswe mu karere […]
Post comments (0)