Abaturage bo mu karere ka Musanze baravuga ko bishimiye ko Gatabazi Jean Marie Vianney yongeye kugirwa guverineri w’intara y’amajyaruguru.
Abo baturage babivuze nyuma y’itangazo ryasohowe na Minisitiri w’intebe ejo tariki 07 Nyakanga 2020, ryemeza ko Perezida wa Repuburika Paul Kagame yasubije Gatabazi JMV mu nshingano zo kongera kuyobora intara y’Amajyaruguru.
Gatabazi yari amaze igihe gito ahagaritswe kuri izo nshingano, abaturage bakavuga ko biteguye gukorana nawe kuko asanzwe abayobora neza by’umwihariko mu kubasura no kubakemurira ibibazo.
Aba ni bamwe mu baganiriye n’umunyamakuru wacu Mutuyimana Servilien:
Muri kino kiganiro, Gentil Gedeon aragaruka ku buzima bwa Ben Zygier, umunyaisiraheli wari umusirikare ariko akavugwaho no kuba intasi mu biro by'ubutasi bya Israel, Mossad. Umva ikiganiro kirambuye hano:
Post comments (0)