Yasanze Perezida Kagame mu biro, ibibazo yari afite bihita bikemuka
Umukecuru w’imyaka 74 wo mu karere ka Musanze witwa Hélène Nyirangoragoze, arishimira ko yasubijwe ubutaka yari yarambuwe ubuyobozi bw’ibanze burebera, ikibazo cye kigakemurwa na Perezida Paul Kagame ubwo yamusangaga mu biro bye. Uwo mukecuru wahungutse ava muri Tanzania ubu atuye mu murenge wa Busogo aho yubakiwe inzu bisabwe na Perezida Paul Kagame. Avuga ko ubwo yagerage mu Rwanda ngo yasanze amasambu y’umuryango we yarigabijwe n’abantu, ikibazo akigejeje mu buyobozi bw’inzego […]
Post comments (0)