#Kwibohora26: Kubura abasirikare n’abayobozi ntibyaduciye intege – General Kabarebe
Mu rugamba rwo kubohora igihugu, abasirikare bari ku rugamba ntibigeza bacika intege kubera mu ntangiriro zarwo bapfushije abasirikare n’abayobozi benshi. Ibi ni byatangajwe kuri uyu wa gatandatu taliki 11 Nyakanga 2020, ubwo za ambasade z’u Rwanda zikorera muri Asia, uburasirazuba bwo hagati ndetse n’igice cya Pacifique bizihizaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 26 hifashishijwe ikoranabuhanga. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)