Inkuru Nyamukuru

Huye: Barasabwa gufunguza konti ku 7,500Frws ngo bishyurwe 7,000Frws

todayJuly 28, 2020 36

Background
share close

Mu Murenge wa Mbazi mu Karere ka Huye, hari ababarizwa mu cyiciro cya mbere cy’ubudehe binubira kuba umurenge ubarimo ibihumbi 7, bakaba barimo gusabwa gufunguza konti ku 7500 kugira ngo bishyurwe.

Bifuza ko bakwemererwa bakishyurirwa ku makonti y’amatsinda barimo, kugira ngo aya mafaranga babashe kuyikenuza.

Umuyobozi w’Akarere ka Huye, Ange Sebutege, avuga ko kwishyura hifashishijwe terefone kuri Mobile Money na byo bishoboka nk’uko bariya baturage bari babibwiwe, ariko ko hari igihe usanga abantu baratanze nomero za terefone zitabanditseho.

Umva inkuru irambuyehano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ifu y’igikoma yari igenewe abana yiherewe abasaza n’abakecuru

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Remera mu Karere ka Musanze bafite abana bo mu marerero, baranenga bamwe mu bayakuriye bagize uruhare mu gutanga ifu yagenewe abana batabikoze mu mucyo, kuko hari abo bayihaye batari ku rutonde. Abatuye muri aka gace iyi fu bayise Shisha musaza na mukecuru kuko mu bo yahawe hari abakuze, badafite abana bato. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu murenge, avuga ko bari gukurikirana iby’iki kibazo, harebwa niba […]

todayJuly 27, 2020 53

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%