Huye: Barasabwa gufunguza konti ku 7,500Frws ngo bishyurwe 7,000Frws
Mu Murenge wa Mbazi mu Karere ka Huye, hari ababarizwa mu cyiciro cya mbere cy’ubudehe binubira kuba umurenge ubarimo ibihumbi 7, bakaba barimo gusabwa gufunguza konti ku 7500 kugira ngo bishyurwe. Bifuza ko bakwemererwa bakishyurirwa ku makonti y’amatsinda barimo, kugira ngo aya mafaranga babashe kuyikenuza. Umuyobozi w’Akarere ka Huye, Ange Sebutege, avuga ko kwishyura hifashishijwe terefone kuri Mobile Money na byo bishoboka nk’uko bariya baturage bari babibwiwe, ariko ko hari […]
Post comments (0)