Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Abagabo barasabwa kujya nabo berekana ihohoterwa bakorerwa mu miryango

todayJuly 29, 2020 36

Background
share close

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare burasaba abaturage kuvuga ihohoterwa rikorerwa mu miryango kugira ngo abafitanye amakimbirane bagirwe inama hakiri kare.

Ubuyobozi buravuga ibi mu gihe mu ijoro rya tariki 27 Nyakanga 2020 uwitwa Gasana James wo mu mudugudu wa Nyagatare ya 3, yakubise umugore we amuziza ko ahannye umwana babyaranye wakoze ikosa.

Gusa ngo amakimbirane muri uyu muryango amaze igihe.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Zimbabwe: Abana barindwi b’impinja bapfuye mu ijoro rimwe, mu bitaro byo mu murwa mukuru Harare

Abana barindwi b'impinja bapfuye mu ijoro rimwe muri iki cyumweru mu gice kivurirwamo abagore cy'ibitaro bikuru by'i Harare kubera ibibazo by'abakozi bishingiye kuri Covid-19. Mu ijoro ryo kuwa mbere, muri ibi bitaro byo mu murwa mukuru, ababyeyi umunani bari bakeneye kubyazwa byihutirwa babazwe. Barindwi muri bo abana babo babakuye mu nda bapfuye nk'uko bamwe mu baganga babyemeza. Abaganga babiri batifuje gutangazwa amazina, bazi neza ibyabaye hano, bemereye BBC ko aba […]

todayJuly 29, 2020 37

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%