Inkuru Nyamukuru

Ubyumva Ute: Kurinda abana ihohoterwa rikorerwa ku ikoranabuhanga

todayAugust 28, 2020 55

Background
share close

Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza ari kumwe na Nsanga Sylvie (RISA), Francine Havugimana Uwera (Umubyeyi) na Dr. Thierry B. Murangira (RIB). Baragaruka ku ihohoterwa rikorerwa umwana binyuze mu ikoranabuhanga. Ese icyo kibazo kifashe gute mu Rwanda? Ababyeyi basobanukiwe n’ingorane ziri mu kuba umwana abasha kugera ku ikoranabuhanga? Ese ni iki ababyeyi n’abana bakora kugira ngo birinde iki kibazo?

Byumve mu kiganiro gikurikira:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Mu byumweru 4, abantu ibihumbi 56 bafashwe batubahirije amabwiriza yo kwirinda Covid-19

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu mu Rwanda, prof Shyaka Anastase atangaza ko mu byumweru bine inzego z'ibanze zikorana n’inzego z’umutekano zahagaritse abantu ibihumbi 56 batubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Asobanura amabwiriza yashyizweho n’inama y’abaminisitiri mu kwirinda icyorezo cya COVID-19 kuri televiziyo y’igihugu, Prof Shyaka yavuze ko ingendo zihuza umujyi wa Kigali n’intara zibujijwe, ndetse yongeraho ko nta rundi rwitwazo kuri izo ngendo kuko imbibi z’umujyi wa Kigali zizwi. Minisitiri Shyaka […]

todayAugust 27, 2020 70

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%