Ubyumva Ute: Kurinda abana ihohoterwa rikorerwa ku ikoranabuhanga
Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza ari kumwe na Nsanga Sylvie (RISA), Francine Havugimana Uwera (Umubyeyi) na Dr. Thierry B. Murangira (RIB). Baragaruka ku ihohoterwa rikorerwa umwana binyuze mu ikoranabuhanga. Ese icyo kibazo kifashe gute mu Rwanda? Ababyeyi basobanukiwe n'ingorane ziri mu kuba umwana abasha kugera ku ikoranabuhanga? Ese ni iki ababyeyi n'abana bakora kugira ngo birinde iki kibazo? Byumve mu kiganiro gikurikira:
Post comments (0)