Muhanga: Abakozi batatu b’Akarere bagaragayeho COVID-19
Ubuyobozi bw'akarere ka Muhanga bwatangaje ko abakozi batatu ba kano karere bagaragayeho icyorezo cya COVID19. Mu kiganiro yagiraye na KT Radio, Umuyobozi wa kano karere Kayitare Jacqueline yavuze ko abagaragaweho n'iyo ndwara bakoraga bataha mu mujyi wa Kigali, ariko hakaba hari icyizere ko batanduje abaturage benshi ba kano karere kuko ngo bakoraga muri serivisi zidahuriramo abantu benshi. Kayitare avuga ko ubu nta mukozi wemerewe kuza gukorera ku karere kugira ngo […]
Post comments (0)