Ntawemerewe kwinjira mu isoko rya Huye atabanje kwandikwa umwirondoro
Guhera mu gitondo cyo ku wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2020, abinjira mu isoko mu Mujyi i Huye basabwa kubanza kwandikwa mu gitabo. Muri iki gitabo harandikwa amazina y’abinjiye mu isoko, aho batuye na nomero za telefone zabo, ndetse n’ibipimo by’umuriro babasanganye. Umuyobozi w’Akarere ka Huye, Ange Sebutege, avuga ko izi ngamba zafashwe mu rwego rwo kurwanya ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Covid-19, cyane ko kugeza ubu muri aka Karere kimaze kugaragara […]
Post comments (0)