Inkuru Nyamukuru

Ntidukeneye amahoro kurusha uko abaturanyi bacu bayakeneye-Perezida Kagame

todaySeptember 7, 2020 23

Background
share close

Ntidukeneye amahoro kurusha uko abaturanyi bacu bayakeneye-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, avuga ko kubana neza n’ibihugu bituranyi ari yo nzira y’amahoro kandi ko u Rwanda rutayakeneye kurusha uko ibyo bihugu biyakeneye.

Yabigarutseho ku cyumweru tariki 6 Nzeri 2020, ubwo yari mu kiganiro kuri RBA, akaba yari arimo gusubiza ku kibazo yari abajijwe n’umunyamakuru kijyanye n’uko umubano wifashe hagati y’u Rwanda, u Burundi na Uganda.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Umujyi wa Kigali wamuritse igishushanyo mbonera gishya kitirukana abawutuyemo

Ubuyobozi bw'Umujyi wa Kigali butangaza ko igishushanyombonera gishya gihera muri uyu mwaka wa 2020 kugera muri 2050, kizafasha abawutuye kuwibonamo, aho kuwuhunga nk'uko babitekerezaga mu gishushanyombonera cy'ubushize cya 2013-2018. Ubwo berekanaga icyo gishushanyombonera ku wa gatanu tariki 4 Nzeri 2020, abayobozi b'umujyi wa Kigali basobanuriye inzego zinyuranye ibyiciro icyenda byahawe gukoresha ubutaka bwose bw’uyu mujyi. Igishushanyombonera gishya kigena imikoreshereze y’ubutaka mu mujyi wa Kigali mu gihe cy’imyaka 30 iri imbere, […]

todaySeptember 5, 2020 80

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%