Nyaruguru: Batangije igihembwe cy’ihinga ariko bahangayikishijwe n’uko nta mvura
Abatuye mu Murenge wa Ruramba mu Karere ka Nyaruguru bahangayikishijwe n'uko babona igihe cy'ihinga cyageze nyamara bakaba babona nta mvura iri kugwa. Babigarutseho ubwo bifatanyaga n'ubuyobozi bw'Akarere ka Nyaruguru mu gutangiza igihembwe cy'ihinga A, cyaranzwe no gutera ibigori mu murima wa hegitari 2.5 wa koperative Coabiwa ni ukuvuga Koperative y'abahinzi bo mu Gishanga cy'Uwarurimbi ikorera mu Mudugudu wa Bukoro, akagari ka Gabiro. Muri iki gihembwe cy'ihinga cyatangijwe, I Nyaruguru ubutaka […]
Post comments (0)