Inkuru Nyamukuru

Wari uziko ibyo turya bigira ingaruka ku ruhu kimwe no mu mubiri imbere?

todaySeptember 17, 2020 45

Background
share close

Hari abantu bashakira ubwiza bw’uruhu mu mavuta yo kwisiga, cyane cyane abagore n’abakobwa, ibi ugasanga bishobora kugira ingaruka bitewe n’ibyo ayo mavuta akozemo, ndetse bikanagira ingaruka no ku bukungu.

Indi ngaruka nuko usanga amafaranga yakaguzwe amafunguro afitiye umumaro uruhu, ashyirwa muri ya mavuta rimwe na rimwe aba anahenze cyane. Umuntu kandi usanga agura aya mavuta ariko agakomeza gufata amafunguro atajyanye n’intego yifuza kugeraho.

Inkuru yateguwe na Nadia Uwamariya irabafasha gusobanukirwa amwe mu mafunguro yihutisha gusaza ku ruhu bityo ufite intego yo kubyirinda amenye uko yabyitwaramo aho gushakira igisubizo mu byo kwisiga.

Yumve hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

RBC yasobanuye impamvu abasuzumwa COVID-19 bagabanutse

Ubuyobozi bw'ikigo cy'igihugu cy'ubuzima RBC buvuga ko ubuke bw'ibipimo bya coronavirus burimo gufatwa muri iyi minsi burimo guterwa no kuba umubare w'abantu bahuye n'abanduye covid-19 batangazwa buri munsi ari muto. Umuyobozi wa RBC Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko ubusanzwe gufata ibipimo byinshi biterwa n'umubare w'abantu bahuye n'abamaze kumenyekana ko banduye. Yongeraho ko ibikorwa byo gupima abantu muri rusange bikorwa bitewe n'uburyo basanze hari agace gashobora kuba gafite ibyago byo kubonekamo […]

todaySeptember 16, 2020 40

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%