“Imibonano mpuzabitsina ntabwo ari ibikwajina la Yesu”, Rwanda Women’s Network
Kuba imibare y'abangavu baterwa inda mu Rwanda yiyongera buri mwaka, ndetse 20.5% akaba ari abana batarengeje imyaka 11 y'ubukure, ikosa rirashyirwa ahanini ku babyeyi bashinjwa kutabaganiriza. Umuryango uharanira iterambere ry'umugore mu Rwanda witwa Rwanda Women's Network, uvuga ko abana bakunze gusaba ibisobanuro ababyeyi ku mikorere y'ibitsina ariko bakabima ayo makuru bababwira ko ari ibishitani, bigatuma bajya kuyashakira ku babasambanya. Dr Anicet Nzabonimpa, Impuguke mu buzima bw'imyororokere akaba ari umwe mu […]
Post comments (0)