Inkuru Nyamukuru

Ibigo by’amashuri bifite impungenge ku gutunga abanyeshuri batarishyuye amafaranga y’ishuri

todayNovember 6, 2020 41

Background
share close

Bimwe mu bigo by’amashuri bivuga ko bifite impungenge z’uko bizatunga abana, n’uko indi mirimo izakorwa mu gihe hari benshi bagiye ku ishuri batarishyuye amafaranga y’ishuri kandi ibyo bigo akenshi ari yo bikoresha mu buzima bwa buri munsi.

Ibyo biravugwa mu gihe amashuri amaze iminsi mike yongeye gukora nyuma y’igihe.

Bamwe mu bayobozi b’ibyo bigo bavuga ko abana bishyuye amafaranga y’ishuri ari bake cyane ku buryo bafite impungenge.

Minisitiri w’Uburezi Dr Valentine Uwamariya, ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ku wa 3 Ugushyingo 2020, yavuze ko abantu bose bagizweho ingarukana Covid-19, bityo ko hakwiye kuba ubwumvikane ku buryo hatagira umwana uhutazwa.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

USA: Umujyanama wa Trump mu masengesho aravugako abamarayika barekuwe bava muri Afrika kugirango bafashe Donald Trump gutsinda

White House adviser Paula White is calling in the “angelic reinforcement” from Africa and South America to help Trump win. pic.twitter.com/UAgOR8Bovk— Guthrie Graves-Fitzsimmons (@GuthrieGF) November 5, 2020 Umujyanama wa prezida Donald Trump mu by'umwuka Paula White-Cain, avuga ko "abamarayika barekuwe" bava muri Afurika no muri Amerika y'Epfo kugira ngo bafashe donald trump gutsinda amatora aho akomeje kurushwa n'uwo bahanganye Joe Biden uhagarariye ishyaka ry'abademocrate. Mu mashusho yakwiriye hose asenga ashishikaye […]

todayNovember 5, 2020 46

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%