Gasabo: Ari mu maboko ya RIB akekwaho gusambanya nyina ku ngufu
Umugabo witwa Bakundukize w’imyaka 41 y’amavuko, ari mu maboko ya RIB Post ya Gatsata akekwaho gusambanya umubyeyi we w’imyaka 65. Ayo makuru yamenyekanye mu ma saa yine z’ijoro rishyira iryo kuri uyu wa kabiri, nyuma y’aho abaturanyi batabaje inzego zishinzwe umutekano. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jali Ndanga Patrice, yemeje aya makuru, ashimangira ko bakiyamenya bihutiye kujya mu rugo Bakundukize yabanagamo n’umubyeyi we. Ndanga Patrice avuga ko uyu bakundukize atari yasinze […]
Post comments (0)