Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi w’Ubwigenge bw’u Burundi
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente yageze i Bujumbura mu Burundi, aho ari umwe mu bashyitsi b’u Burundi mu birori by’Umunsi w’Ubwigenge, wizihizwa kuri uyu wa 01 Nyakanga. Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda yitabiriye uyu muhango, nyuma y’igihe ibihugu byombi bitabanye neza. U Burundi bwizihiza umunsi w’ubwigenge igihe kimwe n’u Rwanda, bwabonetse ku wa 1 Nyakanga 1962 ku bakoloni b’Ababiligi. Icyakora mu Rwanda, n’ubwo ari umunsi w’ikiruhuko ntabwo wizihizwa mu […]
Post comments (0)