Ibirego bishya 120: Abashinja P Diddy ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bakomeje kwiyongera
Abantu bagera ku 120 batangaje ko bagiye kugeza ibirego byabo mu nkiko, barega umuhanzi Sean John Combs, uzwi nka P Diddy ihohotera rishingiye ku gitsina, gufata ku ngufu, no kubakoresha imibonano mpuzabitsina bigamije inyungu. Muri abo 120 bashinja uyu muraperi, harimo n’abari abana bari bafite imyaka icyenda, nk’uko umunyamategeko wo muri leta ya Texas, Tony Buzbee yabitangaje, ndetse ko iki kirego uburemere gifite bagomba kugikurikirana mu buryo bukomeye. P Diddy […]