Rubavu: Huzuye icyambu gishobora kwakira ubwato bubiri bunini bupakira imizigo
Abatuye mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Iburangerazuba barishimira ko muri ako Karere huzuye icyambu (Port) gifite ubushobozi bwo kwakira ubwato bubiri bunini bupakira imizigo n’abagenzi barenga miliyoni 2.7 ku mwaka. Icyambu cya Rubavu cyubatse ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, kikaba cyitezweho guteza imbere ubuhahirane bw’Uturere dutanu tugize Intara y’Iburengerazuba na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyane cyane ikirwa cy’Ijwi n’Umujyi wa Goma. Ni icyambu cyari kimaze igihe kigera ku […]