Umunyamakuru

Jean Claude Rusakara

Background

Rusakara amaze imyaka 13 mu mwuga w’itangazamakuru.

Amashuri yisumbuye yayize muri Petit Seminaire Saint Leon y’i Kabgayi, akomereza mu iseminari ya Rutongo na Philosophicum ya Kabgayi. Yize itangazamakuru muri Kaminuza y’u Rwanda na Christian University.

Guhera mu mwaka wa 2005 yatangiye gukorera ibitangazamakuru bitandukanye birimo Radiyo Maria, Izuba Rirashe, Radiyo Authentique, Ruhagoyacu, Pax press n’ibindi aho yibandaga ku nkuru n’ibiganiro by’imyidagaduro ndetse n’imikino.

Rusakara yatangiye gukorera Kigali Today Ltd guhera mu mwaka wa 2014 aho yari ayihagarariye mu karere ka Nyamasheke. Mu mwakwa wa 2016 nibwo yaje gukorera ku kicaro gikuru mu mugi wa Kigali aho akora ibiganiro Buracyeye n’Urukumbuzi.

Rate it

Umunyamakuru

0%